label.faquestions


Kugeza ikibazo cyawe ku buyobozi bw’Akarere cyangwa umujyi wa Kigali ubwo butaka buherereyemo.

MAJ ni ibiro bya Ministiteri y'ubutabera bitanga inama n'ubufasha mu by'amategeko bikaba mu turere twose t'u Rwanda

Wakwiyambaza umwanditsi w’irangamimerere usaba gukosorerwa amakosa yakozwe bitacyemuka ugatanga ikirego mu Rukiko rubifitiye ububasha.

Ikibazo gishingiye ku masezerano yanditse cyangwa atanditse gishyikirizwa Komiye y’abunzi cyangwa urukiko rubifitiye ububasha.

Wagana Urukiko rubifitiye ububasha rugategeka ko hakorwa iherekanya kumutungo waguze.